|
Kuri uyu wa gatanu tariki ya 11 Gicurasi, Umujyi wa Kigali wibutse abari abakozi ba Perefegitura y’Umujyi wa Kigali(PVK) n’Amakomini yari ayigize bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Uwo muhango ukaba wabanjirijwe no gushyira indabyo kumva no kunamira Abatutsi bashyinguwe mu rwibutso rwa Gisozi, nyuma hakaba habaye urugendo kuva ku ishuri rya St Andre kugera muri Stade ya Kigali i Nyamirambo aho abari bitabiriye uwo muhango bakoze ibikorwa byo kwibuka.
Soma birambuye
Ku italiki 13/01/2012 kuri stade Regional i Nyamirambo habereye umuhango wo gutangiza gahunda ya Hanga umurimo ku rwego rw’Umujyi wa Kigali. Uwo muhango witabiriwe n’abanyacyubahiro banyuranye barimo Umunyamabanga uhoraho muri MINICOM, Bwana HATEGEKA Emmanuel, Komite Nyobozi y’umujyi wa Kigali, Umuyobozi w’Ikigo gishinzwe ubuziranenge (RBS) na komite Nyobozi z’uturere tugize Umunjyi wa Kigali.
Uwo muhango kandi witabiriwe n’urubyiruko n’abagore bikorera, hasurwa n’amakoperative y’ikitegererezo afite ibikorwa bifitiye benshi akamaro. Mu Karere ka Kicukiro hasuwe koperative AMAHORO AVA HEJURU y’ i Gikondo.
Umuhanda ugana ku bitaro bikuru bya Masaka uturutse ku muhanda wa Kabuga ni mubi. Ibi bitaro bikaba ndetse kugeza ubu bidafite abakozi bahagije ukurikije abarwayi bakira. Ibyo ni bimwe mu bibazo byihutirwa Ministre w’intebe Pierre Damien Habumuremyi yahasanze ku mugoroba w’uyu wa gatanu ubwo yasuraga ibyo bitaro bikuru bya Masaka. Ministiri w’intebe yasabye inzego ibyo bibazo bireba ko bikemuka mu gihe cya vuba. Akihagera, ministiri w’intebe Pierre Damien Habumuremyi,yasuye serivisi zitangwa n’ibi bitaro, anasobanurirwa uko zihatangirwa. Harimo icyumba cyakirirwamo abarwayi, aho ababyeyi babyarira, ahasuzumirwa ibizami, ahashyirwa abana bavutse batagejeje igihe, n’ahandi.
Soma birambuye
 - Bafata ifoto y'urwibutso nyuma yo gushyira ibuye fatizo ku nyubako y'Akarere
Umuhango wo gushyira ibuye ry’ifatizo kunyubako y’Akarere
Umuhango wo gushyira ibuye ry’ifatizo kunyubako y’Akarere wayobowe na yakubahwa Ministre w’Ubutegetsi bw’Igihugu Bwana JAMES MUSONI.......
soma birambuye
 - Presidente wa JADF mu Karere ka Kicukiro
Inteko rusange ya JADF y’akarere ka kicukiro yateranye taliki 11/08/2011 muri Hotel Nobleza mu murenge wa Kagarama mu karara ha Kicukiro . ...Soma birambuye
Umuhango w’imurika ry'ibikorwa by’akarere ka Kicukiro
Ku wa kane taliki ya kane Kanama 2011 mu cyumba cy’inama cy’Akarere ka Kicukiro habereye umuhango w’imurika bikorwa by’akarere ka Kicukiro.
Uwo muhango witabiriye n’abaturage b’Akarere ka kicukiro ndetse n’abayobozi b’Akarere n’abakozi bose b’Akarere ....... Soma birambuye
Akarere ka Kicukiro kakoze umuhango wo gutaha igikombe cy'umwanya wa mbere mu mujyi ndetse n'umwanya wa gatatu mu rwego rw'igihugu mu gushira mu bikorwa ry’imihigo 2010-2011
Uwo muhango muri hotel Nobleza wari witabiriwe n’abakozi ba karere bose kuva kurwego rw’Akagari kugeza ku Karere ndetse n'abavga rikijyano bo muri ako Karere ba opinion leaders bo mu Karere .
Soma ibikurikira
Ubuhinzi bwa kijyambere bukataje mu Karere ka Kicukiro
Ku wa gatanu mu Murenge wa Gahanga hasuwe imirima y’abaturage bitabiriye gahunda yo guhuza ubutaka aho ubungubu umusaruro wiyongereye kuburyo bugaragara.
Read more
Visite de deux Autorités venant de la Commune de St Ouen, l’une des Communes de la France
En dates du 3 au 10 juillet 2011, Le District de Kicukiro a reçu une délégation de deux visiteurs venant de la Commune de st Ouen en France. Il s’agit de :
Madame Bagayako, Le Vice Maire chargée des Relations Internationales et Monsieur Thierry TOUZET Bernard, le Directeur chargé des affaires administratives.
Read more
 - On the letf, MUFURUKYE Fred, in middle, Paul Jules NDAMAGE, on the right, Egide RUGAMBA
The evaluation of Performance Contract 2010-2011 at Kicukiro District
On 13/06/2011at kicukiro District ,was held the evaluation of Performance Contract 2010-2011 leaded by a team of staff coming from different institutions which include: MINALOC, Ministry of Health, MININFRA, MINEDUC, RALGA, FSP and Civil society
The Team was headed by The Director General of Good Governance and Territorial Administrative at MINALOC, Mr MUFULUKYE Fred
Read More
KICUKIRO HABEREYE INAMA Y’UMUTEKANO KU BIYOBYABWENGE MU MASHURI
Mu Karere ka Kicukiro habere inama ku wa 07/06/2011 y’umutekano yari ifite insanganyamatsiko igira iti:<< Kurwanya ibiyobyabwenge mu rubyiruko by’umwihariko urubyiruko ruri mu mashuri >>.
Soma birambuye
URUZINDUKO UMUYOBOZI W'AKARERE KA MERU HO MU GIHUGU CYA TANZANIA, YAGIRIYE MU KARERE KA KICUKIRO
Ku wa mbere taliki ya 23/5/2011 ku biro by’Akarere ka Kicukiro Umuyobi w’Akarere ka Kicukiro wungirije ushizwe imari ,ubukungu n’amajyambere yakiriye,umuyobozi w’Akerere ka Meru ko mu Gihugu cya Kenya wari mu urugendo shuri arikumwe n’Abajyanama bagize Njyanama yako Karere.
Soma ibikurikira
URUZINDUKO RWA NYAKUBAHWA MINISITIRI W’INTEBE MU KARERE KA KICUKIRO
Ku wa kabiri taliki 03 Gicurasi 2011, Nyakubahwa minisitiri w’intebe MAKUZA Bernard yasuye Akarere ka Kicukiro, mu ruzinduko rwe yagiriye mu Karere ka Kicukiro, urwo ruzinduko rwatangiye sayine za mu gitondo. Yasuye ibikorwa by’Amajyambere bitandukanye.
Soma birambuye
|
|
|
|