Kuri uyu wa 29 Kamena 2026, ku ishuri ribanza rya G.S. Gatenga I riherereye mu Murenge wa Gatenga, Akarere ka Kicukiro, hizihirijwe Umunsi w'Umwana…
Kuri uyu wa Kabiri tariki 29 Mata 2025, mu Tugari twose tw’Akarere ka Kicukiro habaye inteko rusange z’abaturage aho Umuyobozi Nshingwabikorwa…
Muri iki gihe cy’imvura y’itumba , mu Mirenge yose y’Akarere ka Kicukiro hakomeje ibikorwa byo guhangana n’ibiza by’umwihariko Ibiza biterwa n’amazi…
Mu Karere ka Kicukiro hakomeje ibikorwa by’ubukangurambaga bwahariwe Kwisuzumisha Kanseri y’inkondo y’umura ndetse na Kanseri y’ibere, ibi bikorwa…
Kuri uyu wa Gatanu tariki 25 Mata 2025, ku biro by’Akarere ka Kicukiro habereye inama yahuje Ubuyobozi bw’Akarere, abafatanyabikorwa mu buhinzi…
Kuri uyu wa Kabiri tariki 22 Mata 2025, mu Tugari twose hateranye inteko rusange z’abaturage aho Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere ka Kicukiro…
Kuri uyu wa Gatatu, ku Cyicaro cy’Akarere ka Kicukiro habereye umuhango wo kurahiza no kwakira indahiro z’abanyamahanga 7 bahawe ubwenegihugu…
Kuri uyu wa Kane, mu Murenge wa Gahanga twibutse Abazize Jenoside Yakorewe Abatutsi biciwe i Gahanga no mu nkengero zaho baruhukiye mu Rwibutso rwa…
Kuri uyu wa Gatatu, tariki 02 Mata 2025 nibwo ku Cyicaro cy’Akarere ka Kicukiro habereye umuhango w'ihererekanyabubasha hagati ya Niragire Samuel wari…
Mu rwego kurushaho kunoza Serivisi zihabwa abaturage, Ubuyobozi bw’Akarere ka Kicukiro bwashyizeho uburyo bwo kumenyekanisha Serivisi hagamijwe…